Mu bisanzwe , umuntu wese agomba kurarana gahunda, ntabwo wayigeraho rero utinyakuye ngo ubyuke kare. Iyi gahunda ya mu gitondo ifasha abantu kutagundira uburiri, bakabadukana ibakwe. Uturirimbo twiza tw’umuranzi w’umuziki ariwo muzi w’umuziki w’u Rwanda natwo ntituhabura dusasira amakuru yasohotse mu binyamakuru ndetse no guha ijambo abakunzi ba KT Radio kuri telefoni ngo batubwire amakuru y’iwabo aho ku mirenge dutuye cyangwa dukumbuye n’uko iwabo bwakeye.
— - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - -
UMUNSI/AMASAHA: Kuva kuwa Mbere kugeza kuwa Gatanu: 05:00 - 07:30 (Igitondo).
— - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - - -