Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Abagabo bakwiye gucika kuri wa muco w’imfizi itimirwa.

todayNovember 30, 2018 22

Background
share close

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Uwamaliya Beatrice arasaba abagabo kudaca inyuma abagore babo igihe baboneje urubyaro kugira ngo ubu buryo bufashe imiryango kwiteza imbere.
Uwamaliya avuga ko bigayitse kubona umugore ajya kuboneza urubyaro akoresheje uburyo butandukanye aziko ari kurengera umuryango, umugabo we akamuca inyuma akabayara hanze, n’ubundi babana bagakomeza kwiyongera.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Save the Children mu gufasha abana gutanga ibitekerezo ku myigire yabo

Abarezi mu mashuri abanza bemeza ko iyo ibitekerezo by’abana bihawe agaciro, bituma bakunda ishuri ndetse bikanagira ingaruka nziza ku myigire yabo. Babitangaje kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2018, ubwo bari kumwe n’abahagarariye abana biga mu bigo bifashwa n’Umuryango mpuzamahanga wita ku bana (Save the Children), mu mushinga wawo wo guteza imbere uruhare rw’umwana mu bimukorerwa, mu biganiro n’inzego zitandukanye zirimo na Minisiteri y’Uburezi, hagamijwe kureba ibyagezweho. Umva inkuru irambuye hano:

todayNovember 30, 2018 26

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%