Inkuru Nyamukuru

Ese iyo upfuye amafaranga wabikije kuri Mobile Money ajya he?

todayJanuary 3, 2019 24

Background
share close

Bamwe mu bakoresha servisi zo kubitsa no kubikuza amafaranga kuri telephone barinubira ko batoroherezwa kubona amafaranga y’ababo bapfuye babitsaga kuri Mobile Money cyangwa Tigo Cash.

Abaganiriye na Kigali Today bavuga ko bari mu rujijo rwo kutamenya irengero ry’amafaranga y’abakoreshaga Mobile money bitabye Imana cyangwa bagize ikindi kibazo gituma batabasha kuyabikuza.
Simon Kamuzinzi yadukurikiraniye kino kibazo maze ategura inkuru ikurikira.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Umubyeyi umaze amezi abiri arera utari uwe

Mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Rwimiyaga, hari umubyeyi witwa Ntakirutimana Marie Chantal umaze amezi abiri arera uruhinja yasigiwe n'umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe. Nyina w’umwana ngo nyuma yo gutora agatege yarigendeye asiga umwana atavuze aho agiye, nyirurugo abuze uko abigenza yiyemeza kumurera n’ubwo bitamworoheye kandi nta n’icyo apfana n’uwamubyaye. Uwo malaika murinzi ni uwo mu kagari ka Bugaragara.

todayJanuary 3, 2019 23

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%