Inkuru Nyamukuru

Umubyeyi umaze amezi abiri arera utari uwe

todayJanuary 3, 2019 23

Background
share close

Mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Rwimiyaga, hari umubyeyi witwa Ntakirutimana Marie Chantal umaze amezi abiri arera uruhinja yasigiwe n’umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe.
Nyina w’umwana ngo nyuma yo gutora agatege yarigendeye asiga umwana atavuze aho agiye, nyirurugo abuze uko abigenza yiyemeza kumurera n’ubwo bitamworoheye kandi nta n’icyo apfana n’uwamubyaye.
Uwo malaika murinzi ni uwo mu kagari ka Bugaragara.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Ubyumva Ute?

Ubyumva ute – Rwanda Forensic Laboratory

Muri kino kiganiro, Annne Marie Niwemwiza araganira n'abakozi ban Laboratoire y'u Rwanda yiga ku bimenyesto byifashishwa mu butabera (Rwanda Forensic Laboratory). Ese ubundi ikora ubuhe bwoko bw'ibizamini? Ese bisaba iki kugira ngo umuntu ahabwe serivisi? Ese ibiciro byifashe bite? Ibi n'ibindi byinshi ni muri iki kiganiro.

todayJanuary 3, 2019 50

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%