Ese iyo upfuye amafaranga wabikije kuri Mobile Money ajya he?
Bamwe mu bakoresha servisi zo kubitsa no kubikuza amafaranga kuri telephone barinubira ko batoroherezwa kubona amafaranga y’ababo bapfuye babitsaga kuri Mobile Money cyangwa Tigo Cash. Abaganiriye na Kigali Today bavuga ko bari mu rujijo rwo kutamenya irengero ry’amafaranga y’abakoreshaga Mobile money bitabye Imana cyangwa bagize ikindi kibazo gituma batabasha kuyabikuza. Simon Kamuzinzi yadukurikiraniye kino kibazo maze ategura inkuru ikurikira.
Post comments (0)