Inkuru Nyamukuru

Gusenga kutagira ibikorwa si byo Imana ishaka – President Kagame

todayJanuary 14, 2019 56

Background
share close

Perezida w’u Rwanda Kagame Paul yabwiye abayobozi ko gusenga ari byiza, ariko gutwarwa n’amasengesho ukibagirwa inshingano atari byo Imana idusaba.
Hari mu isengesho ngarukamwaka rihuza abayobozi mu nzego zitandukanye, “Natioanl Prayer Breakfast”, ryabaye ejo ku cyumweru.
Pasteur Rutayisire Antoine wigishije ijambo ry’Imana, avuga ku kamaro ko gukorera hamwe, yavuze ko gukorera ijisho cyangwa guharanira imyanya gusa bidindiza intego baba bihaye.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inyanja Twogamo

INYANJA TWOGAMO UBWIZA N’AMAFARANGA MURI MISS RWANDA

Muri kino kiganiro Gentil Gedeon aragaruka ku irushanwa rya Miss Rwanda rituma benshi bavuga. Hari abarinenga, hari abarishima, buri wese afite icyo aritekerezaho. Abana benshi b'abakobwa bafite inzozi zo kuba Miss Rwanda. Ariko umwe gusa niwe uvamo agatsinda. Ese izo nzozi zishingiye kuki? Gedeon arakubwira byinshi kuri iri rushanwa, ritwara akayabo, rugatuma urigiyemo, iyo yitwaye neza, ashobora kuvamo umuherwe. Ni mu kiganiro Inyanja Twogamo. Ushobora kandi gusoma inkuru irambuye yanditswe […]

todayJanuary 12, 2019 40

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%