Inkuru Nyamukuru

Musabyimana ngo aziyambaza Perezida mbere yo kuvanwa mu gishanga

todayJanuary 30, 2019 18

Background
share close

Musabyimana Emmanuel, umwe mu baturage basabwe na leta gusenya ibikorwa byabo biri mu bishanga ariko we atemera ko biri mu gishanga, aravuga ko agiye kwiyambaza ubuyobozi bukuru bw’igihugu agasaba kurenganurwa.
Ibikorwa bye biri mu gishanga kiri mu murenge wa Kicukiro akagari ka Kagina.
Icyemezo cyo kwiyambaza ubuyobozi yagifashe ejo ku wa kabiri, ubwo Umujyi wa Kigali n’Ikigo cy’igihugu cyita ku bidukikije (REMA) bazengurukaga akarere ka Kicukiro basaba abafite ibikorwa mu bishanga guhita babihakura bitarenze icyumweru kimwe nyuma y’integuza bari barahawe mbere.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kigali: Hari abishyuzwa parikingi kandi imodoka zabo zitigize ziva aho ziri

Abatunze ibinyabiziga mu mujyi wa Kigali n’ahandi baratangaza ko babangamirwa no kuba ikigo Millennium Savings&Investment Cooperative (MISIC), cyahoze kitwa Kigali Veterans Cooperatives Society (KVCS) kibandikira ubutumwa bubamenyesha ko ibinyabiziga byabo byavuye muri parikingi bitishyuye amahoro ya parikingi, nyamara bitigeze biva aho biri. Bavuga ko uretse no kuba iyi ari imikorere mibi, ngo binatuma umuntu ashobora gucibwa amande yo kudatanga amahoro, nyamara arengana. Ikigo MISIC kivuga ko ayo makosa yajyaga akorwa […]

todayJanuary 30, 2019 43

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%