Musabyimana ngo aziyambaza Perezida mbere yo kuvanwa mu gishanga
Musabyimana Emmanuel, umwe mu baturage basabwe na leta gusenya ibikorwa byabo biri mu bishanga ariko we atemera ko biri mu gishanga, aravuga ko agiye kwiyambaza ubuyobozi bukuru bw’igihugu agasaba kurenganurwa. Ibikorwa bye biri mu gishanga kiri mu murenge wa Kicukiro akagari ka Kagina. Icyemezo cyo kwiyambaza ubuyobozi yagifashe ejo ku wa kabiri, ubwo Umujyi wa Kigali n’Ikigo cy’igihugu cyita ku bidukikije (REMA) bazengurukaga akarere ka Kicukiro basaba abafite ibikorwa mu […]
Post comments (0)