Inkuru Nyamukuru

MUSANZE: Aho kubura inzoga babura amata

todayFebruary 4, 2019 17

Background
share close

Mu karere ka Musanze hari abaturage batarasobanukirwa neza akamaro k’amata mu buzima bwabo, ku buryo hari n’abavuga ko aho kubura inzoga babura amata.
Mu bavuga ibyo kandi usangamo n’abafite abana bagwingiye, abandi bakarwara bakarembera mu ngo kubera kubura ubwisungane mu kwivuza, kandi bafite inka zibaha amata bakayagurisha bashaka amafaranga y’inzoga.
Abayobozi b’akarere ka Musanze nabo baremeza ko hari abaturage bagifite iyo myumvire, ariko ubukangurambaga ngo burakomeje kuko nta bundi buryo babona bwo gukangurira abaturage akamaro ko kunywa amata.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abamotari bifuza ko bagira icyo bagenerwa ku mafaranga binjiza bamamaza

Abamotari barifuza kujya bahabwa ku mafaranga ava mu kwamamaza ibigo by’itumanaho nka Airtel- Tigo na MTN. Ibi bigo biha impuzamakoperative y’abamotari (FERWACOTAMO ) miliyoni 6 z’amafaranga y’u Rwanda buri kwezi, maze abamotari bagategekwa kwambara amajire (gilet) ariho ibirango n’ubutumwa bw’ibyo bigo. Gusa abamotari bavuga ko batajya babona kuri ayo mafaranga ava mu kwamamaza. Ubuyobozi bwa FERWACOTAMO bwo buvuga ko ayo mafaranga bayabona ariko agakoreshwa mu mirimo y’iyo mpuzamashyirahamwe. Umva inkuru […]

todayFebruary 4, 2019 55

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%