MUSANZE: Aho kubura inzoga babura amata
Mu karere ka Musanze hari abaturage batarasobanukirwa neza akamaro k’amata mu buzima bwabo, ku buryo hari n’abavuga ko aho kubura inzoga babura amata. Mu bavuga ibyo kandi usangamo n’abafite abana bagwingiye, abandi bakarwara bakarembera mu ngo kubera kubura ubwisungane mu kwivuza, kandi bafite inka zibaha amata bakayagurisha bashaka amafaranga y’inzoga. Abayobozi b’akarere ka Musanze nabo baremeza ko hari abaturage bagifite iyo myumvire, ariko ubukangurambaga ngo burakomeje kuko nta bundi buryo […]
Post comments (0)