Inkuru Nyamukuru

MINEDUC yihanangirije abayobozi b’ibigo batita ku nshingano zabo

todayFebruary 8, 2019 20

Background
share close

Minisitiri w’uburezi w’uburezi yagaye abayobozi b’ibigo byo mu karere ka Gakenke byagaragayemo amakosa akomeje kudindiza ireme ry’uburezi.
Dr Eugene Mutimura, ku kane yakoranye inama n’abayobozi b’akarere ka Gakenke itumirwamo abayobozi bose bafite uburezi mu nshingano mu karere, bagaragarizwa amakosa ministre ahamya ko ari yo adindiza ireme ry’uburezi.

Umva Inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

EAC ntishobora kugera ku ntego zayo hakiri imitwe yitwaje intwaro – Min Nduhungirehe

Abakurikiranira hafi politike yo mu karere ka Africa y’Uburasirazuba barimo umusesenguzi n’umunyamakuru, basanga kutagira ibiganiro by’imbonankubone hagati y’ibihugu bihuriye mu muryango wa Africa y’Uburasirazuba (EAC), ari yo ntandaro yo kutagera ku ntego zose uyu muryango wihaye. Mu kiganiro Ubyumva Ute kuri KT Radio, abatumirwa barimo umunyamabanga wa leta muri Ministeri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane mu Rwanda, bagarutse by’umwihariko ku bihugu bibangamira ishyirwa mu bikorwa ry’ibyo EAC yiyemeje banatanga ibitekerezo uko babona […]

todayFebruary 8, 2019 50

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%