Inkuru Nyamukuru

Abaturage bifuza ko inguzanyo y’abajya muri kaminuza itashingira ku budehe

todayFebruary 18, 2019 20

Background
share close

Benshi mu baturage bahamya ko uburezi ari inkingi ikomeye y’iterambere kandi ko buhenze bityo ko butakagombye komekwa ku byiciro by’ubudehe ahubwo buri munyeshuri watsinze akagira uko yoroherezwa kwiga kaminuza.
Iki ni kimwe mu byifuzo byatanzwe ejo ku cyumweru ubwo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Prof Anastase Shyaka n’abandi bafatanyabikorwa bagiriraga ikiganiro kuri Radiyo y’igihugu, kirebana n’imyiteguro y’igikorwa cyo kuvugurura ibyiciro by’ubudehe.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Inyito “intagondwa z’abayislamu” yari ikwiye guhinduka – Shiekh Hitimana Salimu

Mufti w’Abayisiramu mu Rwanda avuga ko inyito “intagondwa z’abayislamu” ihabwa intagondwa zikora ibikorwa by’iterabwoba hirya no hino ku isi yari ikwiye guhinduka, bakitwa abagizi ba nabi nk’abandi bose. Impamvu ngo ni ukubera ko intego z’amadini muri rusange, na islamu irimo, ari uguteza imbere imibereho myiza y’ikiremwamuntu, ikaba atari iyo kwica. Ibi Shehe Hitimana Salimu yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru ku cyumweru tariki ya 17 Gashyantare, nyuma yo gusura no kuganirira abayisilamu […]

todayFebruary 18, 2019 25

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%