Inkuru Nyamukuru

Inyito “intagondwa z’abayislamu” yari ikwiye guhinduka – Shiekh Hitimana Salimu

todayFebruary 18, 2019 25

Background
share close

Mufti w’Abayisiramu mu Rwanda avuga ko inyito “intagondwa z’abayislamu” ihabwa intagondwa zikora ibikorwa by’iterabwoba hirya no hino ku isi yari ikwiye guhinduka, bakitwa abagizi ba nabi nk’abandi bose.
Impamvu ngo ni ukubera ko intego z’amadini muri rusange, na islamu irimo, ari uguteza imbere imibereho myiza y’ikiremwamuntu, ikaba atari iyo kwica.
Ibi Shehe Hitimana Salimu yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru ku cyumweru tariki ya 17 Gashyantare, nyuma yo gusura no kuganirira abayisilamu bo mu Ntara y’amajyepfo baribateranbiye ku musigiti w’i Ngoma mu Karere ka Huye.

Inkuru nyamukuru:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Intwaza zirasaba urubyiruko kwirinda kwiyandarika

Abakecuru n’abasaza batujwe mu rugo rw’Impinganzima ya Bugesera barasaba urubyiruko rw’abakobwa n’abahungu kwirinda kwambara imyambaro ibagayisha, mu rwego rwo kwihesha agaciro. Aba babyeyi babisabye urubyiruko rwabasuye kuwa gatandatu 16 Gashyantare 2019, mu rwego rwo kubaganiriza no kumva impanuro zabo, mu gihe hategurwa kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ku nshuro ya 25. Umva inkuru irambuye:

todayFebruary 18, 2019 40

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%