Abaturage bifuza ko inguzanyo y’abajya muri kaminuza itashingira ku budehe
Benshi mu baturage bahamya ko uburezi ari inkingi ikomeye y’iterambere kandi ko buhenze bityo ko butakagombye komekwa ku byiciro by’ubudehe ahubwo buri munyeshuri watsinze akagira uko yoroherezwa kwiga kaminuza. Iki ni kimwe mu byifuzo byatanzwe ejo ku cyumweru ubwo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Prof Anastase Shyaka n’abandi bafatanyabikorwa bagiriraga ikiganiro kuri Radiyo y’igihugu, kirebana n’imyiteguro y’igikorwa cyo kuvugurura ibyiciro by’ubudehe. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)