RALC yahaye REB ibitabo 1000 byigisha indangagaciro z’umuco nyarwanda
Kuri uyu wa gatatu, Inteko nyarwanda y’ururimi n’umuco (RALC) yahaye ikigo cy’igihugu cyita ku burezi (REB) ibitabo 1000 bizakoreshwa mu mashuri yisumbuye kugira ngo abana barusheho kumenya umuco w’u Rwanda. Umunyamabanga nshingwabikorwa wa RALC, Dr James Vuningoma, yavuze ko igitabo batanze gikubiyemo indangagaciro enye zituma Umunyarwanda aba uwo agomba kuba ari we, ngo kikazafasha cyane abana n’abarezi. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)