Inkuru Nyamukuru

Polisi irasaba abambukira umuhanda muri ‘Feux rouge’ kubaha ibyo amatara yerekana

todayFebruary 20, 2019 25

Background
share close

Polisi y’igihugu irasaba abanyamaguru bambukira umuhanda ahari Feux rouge kubahiriza itara ribemerera cyangwa ribabuza kwambuka umuhanda kuko bibarinda impanuka.
Babisabwe kuri uyu wa 19 Gashyantare 2019, ubwo Polisi y’igihugu, ishami ryo mu muhanda, ryari mu bukangurambaga bwo kwigisha abaturage uko bambuka umuhanda, by’umwihariko iyo bambukira ahari ibyapa biyobora ibinyabiziga n’abagenzi bikoresha amatara y’amabara, ari byo bimenyerewe nka Feux rouge.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Mwitegure: Imvura y’Itumba izazana ubukana budasanzwe

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere Meteo Rwanda kiratangaza ko imvura y’itumba iteganyijwe izaba nyinshi mu turere hafi ya twose tw’igihugu. Cyabitangaje kuri uyu wa kabiri 19 Gashyantare 2019, ubwo cyatangazaga iteganyagihe ry’igihembwe cy’itumba rya 2019, ni ukuvuga kuva mu kwezi kwa Werurwe kugeza muri Gicurasi 2019. Iki kigo kirasaba inzego zose kwifashisha iri teganyagihe bagafata ingamba zigamije kongera umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi, kwirinda Ibiza n’indwara ndetse n’ibindi.

todayFebruary 19, 2019

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%