Urubyiruko rurifuza koroherezwa mu gukomeza imishinga yarwo
Ba rwiyemezamirimo b’urubyiruko hamwe na Ministeri ibahagarariye (MINIYOUTH), baravuga ko kuva mu mwaka wa 2012 kugeza muri 2018, 40% by’imishinga irenga ibihumbi umunani yasubiye inyuma ndetse hakaba n’iyazimiye burundu Urubyiruko ruvuga ko ibi biterwa no kuba badafite ahantu hahendutse ho gukorera, bakifuza kandi gusonerwa imwe mu misoro. RDB ivuga ko igisubizo kuri iki kibazo ari ugushakira ba rwiyemezamirimo bato ibindi bice byahariwe inganda bitari icya Masoro(muri Kigali) kuko cyo ngo […]
Post comments (0)