Inkuru Nyamukuru

Abasura u Rwanda kenshi babiterwa n’uko barufite ku mutima – Perezida Kagame

todayFebruary 23, 2019 19

Background
share close

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko kuba hari abanyamahanga basura u Rwanda inshuro nyinshi bikurikiranya, ari uko baba baruhoza ku mutima n’abaturage barwo. Yabitangaje kuri uyu wa gatandatu tariki 23 Gashyantare 2019, ubwo we na Madamu Jeannette Kagame bitabiraga isengesho “Codel Prayer Breakfast”, ryahuje abayobozi bakuru b’igihugu n’itsinda ry’abagize inteko ishinga amategeko ya Leta zunze ubumwe za Amerika.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%