Inkuru Nyamukuru

Ikigo nderabuzima cya Ruhombo cyafashije ababyeyi kubona serivisi z’ubuvuzi hafi

todayMarch 16, 2019 22

Background
share close

Bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko y’igihugu cya Canada bari mu ruzinduko mu Rwanda, barishimira ingamba zashyizweho zo kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana.
Ibi babitangarije mu karere ka Burera ku wa gatanu nyuma yo gusura ikigo nderabuzima cya Ruhombo cyubatswe ku nkunga y’igihugu cya Canada binyuze mu muryango Partners in Health.
Abagana iki kigonderabuzima biganjemo ababyeyi bavuga ko aho gitangiriye kubaha service biruhukije imvune baterwaga no kutabona service z’ubuvuzi hafi.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

INES-Ruhengeri yashyize ku isoko ry’umurimo 719

Kuri uyu wa gatanu ishuri rikuru rya INES - Ruhengeri ryatanze impamyabumenyi ku nshuro ya 10, ku banyeshuri 719 basoje amasomo yabo y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza, n’abandi 22 barangije icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu bijyanye n’imisoro. Ubuyobozi bw’akarere ka Musanze, bushimira ireme ry’uburezi ritangirwa muri INES-Ruhengeri, kuko abarangiza muri iryo shuri bagira uruhare mu gukemura ibibazo byajyaga bidindiza iterambere ry’abaturage. Umva inkuru irambuye hano:

todayMarch 15, 2019 40

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%