Inkuru Nyamukuru

Nyagatare: Abana b’abakobwa 33 batsinze ibizamini bahembwe, basabwa kugira intego

todayMarch 16, 2019 36

Background
share close

Abana b’abakobwa basabwe gushingira ku mahirwe bahabwa na Leta bakayabyaza umusaruro bityo bakiga baharanira gustinda no kwiremamo ikizere cyo kuba abayobozi b’ejo. Babisabwe kuri uyu wa 16 Werurwe ubwo abana b’abakobwa 33 batsinze neza ibizamini bisoza amashuri abanza, ikiciro rusange n’ayismbuye bahabwaga ibihembo n’umuryango imbuto Foundation.

Umva inkuru irambuyeb hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ikigo nderabuzima cya Ruhombo cyafashije ababyeyi kubona serivisi z’ubuvuzi hafi

Bamwe mu bagize inteko ishinga amategeko y’igihugu cya Canada bari mu ruzinduko mu Rwanda, barishimira ingamba zashyizweho zo kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana. Ibi babitangarije mu karere ka Burera ku wa gatanu nyuma yo gusura ikigo nderabuzima cya Ruhombo cyubatswe ku nkunga y’igihugu cya Canada binyuze mu muryango Partners in Health. Abagana iki kigonderabuzima biganjemo ababyeyi bavuga ko aho gitangiriye kubaha service biruhukije imvune baterwaga no kutabona service z’ubuvuzi hafi. […]

todayMarch 16, 2019 22

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%