Uwatemye inka 12 ngo yashakaga kwica nyirazo
Karabayinga Jacques w’imyaka 39 utuye mu nkambi ya Kiziba mu karere ka Karongi, ari mu maboko y’urwego rw’ubugenzacyaha RIB, nyuma yo kwica inka 10 agakomeretsa bikabije izindi ebyiri azitemaguye, nyamara yari agambiriye kwica nyirazo. Ibi ni ibyatangajwe kuri uyu wa kane taliki 28 Werurwe 2019 ubwo Karabayinga yaragejejwe imbere y’itangazamakuru n’urwego rw’ubugenzacyaha RIB. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)