Abadepite bo muri Sierra Leone basuye akarere ka Rubavu
Abadepite bagize inteko ishingamategeko mu gihugu cya Sierra Leone bari mu Rwanda baravuga ko banyuzwe n’imikorere y’imipaka mu Rwanda mu korohereza ubuhahirane. Aba badepite babitangaje nyuma yo gusura ibikorwa by’urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu ku mupaka muto n’umunini uhuza imigi Goma na Gisenyi. Kuri uyu mupaka kandi, bano badepite basuye ibikorwa byo gukumira ko icyorezo cya Ebola cyakwinjira mu Rwanda. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)