Inkuru Nyamukuru

IBUKA iramagana byimazeyo abakomeje gupfobya Jenoside

todayMarch 28, 2019 20

Background
share close

Umuryango uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (IBUKA), uramagana abakomeje gupfobya Jenoside n’abibasira imitungo y’abayirokotse.
Muri iyi minsi ishyira intangiriro z’igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hari ibikorwa bibi birimo kugaragara byibasira abayirokotse, birimo nk’abatemye inka 11 za Ndabarinze Kabera wo mu karere ka Nyabihu, mu ijoro ryo ku wa 23 Werurwe 2019.
Gusa IBUKA ivuga ko ingengabitekerezo ya Jenoside ikiri muri bamwe mu Banyarwanda idakwiye guca intege abafite umutima wo kuyirwanya bagaragaza ukuri ku byabaye,

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abadepite bo muri Sierra Leone basuye akarere ka Rubavu

Abadepite bagize inteko ishingamategeko mu gihugu cya Sierra Leone bari mu Rwanda baravuga ko banyuzwe n’imikorere y’imipaka mu Rwanda mu korohereza ubuhahirane. Aba badepite babitangaje nyuma yo gusura ibikorwa by’urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu ku mupaka muto n’umunini uhuza imigi Goma na Gisenyi. Kuri uyu mupaka kandi, bano badepite basuye ibikorwa byo gukumira ko icyorezo cya Ebola cyakwinjira mu Rwanda. Umva inkuru irambuye hano:

todayMarch 27, 2019 19

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%