Inkuru Nyamukuru

Uwatemye inka 12 ngo yashakaga kwica nyirazo

todayMarch 28, 2019 24

Background
share close

Karabayinga Jacques w’imyaka 39 utuye mu nkambi ya Kiziba mu karere ka Karongi, ari mu maboko y’urwego rw’ubugenzacyaha RIB, nyuma yo kwica inka 10 agakomeretsa bikabije izindi ebyiri azitemaguye, nyamara yari agambiriye kwica nyirazo.
Ibi ni ibyatangajwe kuri uyu wa kane taliki 28 Werurwe 2019 ubwo Karabayinga yaragejejwe imbere y’itangazamakuru n’urwego rw’ubugenzacyaha RIB.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

IBUKA iramagana byimazeyo abakomeje gupfobya Jenoside

Umuryango uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (IBUKA), uramagana abakomeje gupfobya Jenoside n’abibasira imitungo y’abayirokotse. Muri iyi minsi ishyira intangiriro z’igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hari ibikorwa bibi birimo kugaragara byibasira abayirokotse, birimo nk’abatemye inka 11 za Ndabarinze Kabera wo mu karere ka Nyabihu, mu ijoro ryo ku wa 23 Werurwe 2019. Gusa IBUKA ivuga ko ingengabitekerezo ya […]

todayMarch 28, 2019 20

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%