Inkuru Nyamukuru

Kigali: Hari abashishikajwe n’iterambere batagitekereza k’umunsi wo kubeshya

todayApril 1, 2019 28

Background
share close

Bamwe mu baturage ngo bashishikajwe no gushaka imibereho aho batagitekereza umunsi wo kubeshya ugereranije n’ibihe byabanje.
Ibi ni bimwe mu byo baganiriye na KT radio kuri uyu wa mbere taliki 1 Mata 2019, italiki ku isi benshi bafataho nk’umunsi wo kubeshya ariko hatagamijwe kugirira umuntu nabi ahubwo bigakorwa mu buryo bwo kwishimisha.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

BK Group yungutse miliyari 27.4 FRW muri 2018

Ikigo BK Group Plc cyatangaje ko mu mwaka ushize wa 2018 cyungutse miliyoni 30 n’ibihumbi 700 by’amadolari, ni ukuvuga agera kuri miliyari 27 na miliyoni 400 z’amafaranga y’u Rwanda. Ubuyobozi bwa BK bwabitangaje kuri uyu wa 28 Werurwe 2019, butangaza uko iki kigo cyakoze n’inyungu zabonetse kugera tariki ya 31 Ukuboza 2018. BK group ivuga ko kubona iyi nyungu byatewe n’imikoranire myiza n’abakiriya bayo, gukorana n’abafatanyabikorwa, ndetse no kuba ubukungu […]

todayMarch 28, 2019 21

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%