Inkuru Nyamukuru

Umucamanza Agius yemereye Ibuka ko atazarekura abajenosideri

todayApril 2, 2019 14

Background
share close

Perezida w’Urwego rwasigaranye imirimo y’Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha bya Jenoside rwashyiriweho u Rwanda, Umucamanza Carmel Agius, yatangarije imiryango y’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ko atazarekura abaregwa ibyaha bya Jenoside atabiganiriyeho nabo ndetse na Leta y’u Rwanda by’umwihariko.
Umuryango Ibuka wasabye uyu mucamanza uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda kudakora nk’uwo asimbuye, kuko ngo byaba ari ugupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse no gutuma abayirokotse bakomeza kugira ihungabana.

Umva Inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Musanze: Muri RPA hatangijwe amasomo ku igenamigambi rikoreshwa mu butumwa bw’amahoro.

Kuri uyu wa mbere tariki ya 01 Mata 2019, Mu kigo cy’Amahoro cy’u Rwanda (Rwanda Peace Academy), hatangijwe amahugurwa agenewe Ingabo, Polisi n’Abasivire, bategurirwa amasomo ku igenamigambi rikoreshwa mu butumwa bw’amahoro. Ayo mahugurwa ateganyijwe gusozwa ku itariki 12 Mata 2019, yateguwe kandi mu rwego rwo kongerera ubushobozi abarimu b’ejo hazaza baturuka ku mugabane wa Afurika, hagamijwe kwirinda ubushobozi byinshi bwajyaga butakarizwa ku barimu baturutse ku migabane inyuranye y’isi. Umva inkuru […]

todayApril 2, 2019 27

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%