Kigali: Prezida Kagame yagaye amahanga ko adashyira mu bikorwa ibyo avuga
Prezida wa repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaye umuryango mpuzamahanga ko udashyira mu bikorwa ibyo uvuga kuri jenoside yakorewe abatutsi aho abona ko kugeza ubu udashobora kuba hari isomo wakuye mu byabaye mu Rwanda muri 1994. Ibi yabitangaje kuri uyu wa mbere taliki ya 8 Mata 2019, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru batandukanye bo hirya no hino ku isi byabereye ku kimihurura muri convention center. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)