Inkuru Nyamukuru

Abadepite bifuje hakorwa urutonde rw’ibikoresho bya plastic bitabora bitemewe mu Rwanda

todayApril 16, 2019 36

Background
share close

Mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda hakomereje igikorwa cyo gusuzuma umushinga w’itegeko rigamije guca ibikoresho bikoze muri plastic bikoreshwa inshuro imwe ubundi bikajugunywa.
Ministre ufite ibidukikije mu nshingano Dr Vincent Biruta; avuga ko ibikoresho bya plastic bikomeje kubangamira urusobe rw’ibinyabuzima bitandukanye ndetse bikagira n’ingaruka zikomeye ku buzima bwa muntu

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

74% y’abakora impanuka bakiruka ni abamotari

Ikigega cya Leta cyihariye gishinzwe gutanga indishyi (Special Guarantee Fund) kiratangaza ko kuva mu kwezi kwa Nyakanga 2018, kugera mu mpera z’ukwezi kwa Werurwe 2019, abakoze cyangwa bagateza impanuka bakiruka ari abatwara abagenzi kuri moto. Ibi byatangajwe kuri uyu wa kabiri, ubwo Polisi y’u Rwanda, ikigega cy’indishyi n’abandi bafatanyabikorwa, bahuguraga abamotari ku kwita ku mutekano wo mu muhanda. Umva inkuru irambuye hano:

todayApril 16, 2019 20

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%