74% y’abakora impanuka bakiruka ni abamotari
Ikigega cya Leta cyihariye gishinzwe gutanga indishyi (Special Guarantee Fund) kiratangaza ko kuva mu kwezi kwa Nyakanga 2018, kugera mu mpera z’ukwezi kwa Werurwe 2019, abakoze cyangwa bagateza impanuka bakiruka ari abatwara abagenzi kuri moto. Ibi byatangajwe kuri uyu wa kabiri, ubwo Polisi y’u Rwanda, ikigega cy’indishyi n’abandi bafatanyabikorwa, bahuguraga abamotari ku kwita ku mutekano wo mu muhanda. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)