Rubavu: Mu nteko z’abaturage, Dr. Alvera Mukabaramba yagejejweho ibibazo bimaze imyaka 20
Umunyamabanga wa leta ushinzwe imibereho myiza y’abaturage muri Minisitere y’ubutegetsi bw’igihugu Dr Alivera Mukabaramba aremeza ko ibibazo bikemukira mu nteko z’abaturage bikemuka neza kurusha igihe abaturage babijyanye mu buyobozi cyangwa mu nkiko. Dr Alivera Mukabaramba abitangaje nyuma yo kwitabira inteko z’abaturage mu karere ka Rubavu akagezwaho ibibazo bitandukanye birimo n’ibimaze imyaka hafi 20. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)