Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Mu nteko z’abaturage, Dr. Alvera Mukabaramba yagejejweho ibibazo bimaze imyaka 20

todayApril 17, 2019 27

Background
share close

Umunyamabanga wa leta ushinzwe imibereho myiza y’abaturage muri Minisitere y’ubutegetsi bw’igihugu Dr Alivera Mukabaramba aremeza ko ibibazo bikemukira mu nteko z’abaturage bikemuka neza kurusha igihe abaturage babijyanye mu buyobozi cyangwa mu nkiko.
Dr Alivera Mukabaramba abitangaje nyuma yo kwitabira inteko z’abaturage mu karere ka Rubavu akagezwaho ibibazo bitandukanye birimo n’ibimaze imyaka hafi 20.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abadepite bifuje hakorwa urutonde rw’ibikoresho bya plastic bitabora bitemewe mu Rwanda

Mu nteko ishingamategeko y'u Rwanda hakomereje igikorwa cyo gusuzuma umushinga w'itegeko rigamije guca ibikoresho bikoze muri plastic bikoreshwa inshuro imwe ubundi bikajugunywa. Ministre ufite ibidukikije mu nshingano Dr Vincent Biruta; avuga ko ibikoresho bya plastic bikomeje kubangamira urusobe rw'ibinyabuzima bitandukanye ndetse bikagira n'ingaruka zikomeye ku buzima bwa muntu Umva inkuru irambuye hano:

todayApril 16, 2019 36

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%