Inkuru Nyamukuru

Polisi yatangije ubukangurambaga bwitezweho kugabanya impanuka zo mu muhanda

todayMay 6, 2019 48

Background
share close

Polisi y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga buzamara umwaka bugamije gukangurira Abanyarwanda gukoresha umuhanda neza mu rwego rwo kurushaho kugabanya umubare w’impanuka zihitana abantu.

Ubu bukangurambaga bwiswe “Gerayo amahoro” bwatangijwe kuri uyu wa mbere. Bwitezweho kuzagabanya impanuka zo mu muhanda ku kigero cya 30%, mu mwaka umwe, nk’uko byemezwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo ushinzwe ubwikorezi, Jean de Dieu Uwihanganye.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inyanja Twogamo

INYANJA TWOGAMO SOPHIA (ROBOT)

Ibihumbi by’abazitabira inama ya “Transform Africa” ya gatanu, izabera i Kigali mu kwezi gutaha, bazagira amahirwe yo guhura n’irobo yitwa Sophia, ababishaka banaganire na yo. Iyo robo, yakozwe hagendewe ku miterere y’inyuma y’umuntu, ku buryo uba ubona ifite umubiri, ibyo bikaba bituma isa n’abantu. Muri kino kiganiro, Gentil Gedeon aragufasha gusobanukirwa byinshi kuri iyi robot n'imikorere yayo. Ushobora kucyumva hano:

todayMay 4, 2019 113 2

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%