Inkuru Nyamukuru

Burera: Abahinzi barasaba ko umuhanda Maya-Gitesanyi wakorwa

todayMay 7, 2019 47

Background
share close

Abahinzi bo mu murenge wa Rugarama mu karere ka Burera bakoresha umuhanda Maya-Gitesanyi baravuga ko babura uko bageza umusaruro w’ubuhinzi ku masoko kubera ko wangiritse. Kugira ngo babashe kugera ku masoko bikaba bisaba ko bikorera uwo musaruro ku mutwe.
Gusa aba bahinzi bashonje bahishiwe kuko ubuyobozi bw’akarere ka Burera buvuga ko uyu muhanda ari umwe mu igomba gutunganywa mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2019-2020.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kwiyongera kw’ababyaza b’umwuga byagabanyije impfu z’ababyeyi

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) itangaza ko impfu z’ababyeyi zagabanutse mu buryo bugaragara kubera ababyaza b’umwuga biyongereye ku buryo buri vuriro nibura rifite umwe. Byavugiwe mu gikorwa cyo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ababyaza, cyabaye kuri uyu wa 6 Gicurasi 2019, kikaba cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye mu nzego z’ubuzima, abanyeshuri biga ububyaza n’ababukora mu mavuriro atandukanye. Umva inkuru irambuye hano:

todayMay 6, 2019 58

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%