Inkuru Nyamukuru

Burera: Abangirijwe mu ikorwa ry’umuhanda Base-Butaro-Kidaho, baba bagiye noneho kubona ingurane

todayMay 9, 2019 61

Background
share close

Mu ruzinduko yatangiriye mu karere ka Burera ku wa gatatu tariki ya 8 Gicurasi 2019 Perezida wa Repubuka Paul Kagame yasabye ko ikibazo cy’abatarabona amafaranga y’ingurane y’ibyabo byangirijwe mu bikorwa byo gutunganya umuhanda Base-Butaro-Kidaho gikurikiranwa mu maguru mashya kikava mu nzira.
Ni nyuma y’uko hari abaturage bamugaragarije ko kuva mu mwaka wa 2016 basiragiye mu nzego zitandukanye basaba kwishyurwa ariko ntibikorwe.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%