Burera: Abangirijwe mu ikorwa ry’umuhanda Base-Butaro-Kidaho, baba bagiye noneho kubona ingurane
Mu ruzinduko yatangiriye mu karere ka Burera ku wa gatatu tariki ya 8 Gicurasi 2019 Perezida wa Repubuka Paul Kagame yasabye ko ikibazo cy’abatarabona amafaranga y’ingurane y’ibyabo byangirijwe mu bikorwa byo gutunganya umuhanda Base-Butaro-Kidaho gikurikiranwa mu maguru mashya kikava mu nzira. Ni nyuma y’uko hari abaturage bamugaragarije ko kuva mu mwaka wa 2016 basiragiye mu nzego zitandukanye basaba kwishyurwa ariko ntibikorwe. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)