Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Cyanzarwe, guhenda kwa serivisi zo kuboneza urubyaro gutuma abagore batazitabira

todayMay 15, 2019 35

Background
share close

Mu karere ka Rubavu abaturage baravuga ko bitabiriye ubukangurambaga bukomatanyije bwa gahunda ya Baho neza kubera ko bumvishe ko kuboneza urubyaro byagizwe ubuntu.
Umwe mu baganiriye n’umunyamakuru wa KT Radio ubwo iyi gahunda yatangizwaga ku munsi w’ejo mu murenge wa Cyanzarwe yavuze ko iyi gahunda ayitegerejeho amahirwe yo kuboneza urubyaro kuko bikorwa ku buntu, mu gihe mu minsi isanzwe basabwa amafaranga, bigatuma bamwe babyara indahekana batabishaka.
Ku munsi wa mbere w’ubukangurambaga, abagore 420 bo mu murenge wa Cyanzarwe bakaba barahise biyandikisha.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ntitukiri umugabane wo gutegereza ubufasha ngo tubone umutekano – Minisitiri Murasira

Mu ishuri rikuru rya Gisirikare riherereye mu karere ka Musanze, ku nshuro ya karindwi, hafunguwe k’umugaragaro inama Nyunguranabitekerezo ku mutekano (National Security Symposium 2019), yiga uko Afurika yakwirinda intambara zisatira Afurika ziturutse mu yindi Migabane iyikikije. Afungura iyo nama ku mugaragaro kuri uyu wa mbere tariki 13 Gicurasi 2019, Gen Maj Albert Murasira, Minisitiri w’ingabo, yasabye abayitabiriye kurushaho kumva neza ikigamijwe mu gushimangira umutekano ku mugabane wa Afurika. Yavuze ko […]

todayMay 13, 2019 16

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%