Inkuru Nyamukuru

Haracyari imyumvire Mike ku mikorere ya Isange One Stop center

todayMay 16, 2019 28

Background
share close

Abakozi b’ibigo bifasha abahohotewe (Isange One Stop Centers) baravuga ko hakiri abagana ibyo bigo basibanganije ibimenyetso cyangwa bakererewe bigatuma badahabwa serivisi zihabwa abakorewe ihohoterwa.
Mu biganiro byateguwe na Isange one Stop Center yo ku bitaro bya Kacyiru mu Mujyi wa Kigali biri kubera mu Karere ka Muhanga, bagaragaje ko kugira ngo uwahohotewe ahabwe ubufasha agomba kuba yageze kuri Isange bitarenze amasaha 48 nyamara ngo hari abakigana serivisi za Isange bararengeje igihe.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

BK igiye kujya iha abahinzi inguzanyo nta ngwate

Banki ya Kigali (BK) yasinyanye amasezerano n’Ikigo nyafurika cyita ku buhinzi n’ubworozi (AGRA), azatuma abahinzi bahabwa inguzanyo n’iyo Banki badasabwe ingwate. Ayo masezerano ashingiye ku mafaranga atishyurwa AGRA igiye guha BK, ku ikubitiro ikazayiha asaga miliyoni 226 Frw (Ibihumbi 250 USD), akazajya agurizwa abahinzi-borozi, akabafasha mu mishinga ijyanye n’umwuga wabo, nk’uko byatangajwe n’abayobozi b’impande zombi basinye ayo masezerano, kuri uyu wa 16 Gicurasi 2019. Umva inkuru irambuye hano:

todayMay 16, 2019 31

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%