Inkuru Nyamukuru

Isi yawe igarukira aho imbago z’isambu yawe zishinze – Visi Meya Mberabahizi

todayMay 23, 2019 80

Background
share close

N’ubwo Leta ikomeje ubukangurambaga busaba abaturage kuboneza urubyaro kugira ngo birinde ubukene, abagitsimbaraye ku muco n’imyemerere ibatoza kubyara bakuzuza isi, bo baravuga ko kubyara benshi ari ukugira amaboko.
Ibi barabivuga basubiza umuyobozi w’akarere ka Gasabo wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu, bwana Mberabahizi Raymond, uvuga ko isi ya buri muntu igarukira ahashinzwe imbago z’isambu ye.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Impfu ziterwa no kwangiza ibidukikije ziruta iz’intambara imaze umwaka-RIB

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ruratangaza ko impfu ziterwa no kwangiza ibidukikije ziruta kure iziterwa n’intambara imaze amezi 12. Ibi bivuze ko hatagize igikorwa ngo ibidukikije birusheho kubungwabungwa, ubuzima bushobora gushira ku isi kubera ko kwangiza ibidukikije bitiza umurindi ibiza bihitana ubuzima bwa benshi icyarimwe. Umva inkuru irambuye hano:

todayMay 22, 2019 18

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%