Isi yawe igarukira aho imbago z’isambu yawe zishinze – Visi Meya Mberabahizi
N’ubwo Leta ikomeje ubukangurambaga busaba abaturage kuboneza urubyaro kugira ngo birinde ubukene, abagitsimbaraye ku muco n’imyemerere ibatoza kubyara bakuzuza isi, bo baravuga ko kubyara benshi ari ukugira amaboko. Ibi barabivuga basubiza umuyobozi w’akarere ka Gasabo wungirije ushinzwe iterambere ry’Ubukungu, bwana Mberabahizi Raymond, uvuga ko isi ya buri muntu igarukira ahashinzwe imbago z’isambu ye. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)