Guhenda kw’ibikoresho byo kuhira, imbogamizi ku bahinzi
Abahinzi bavuga ko bakunda kuhira ariko ko ibikoresho bigezweho byo kubikora bihenze kandi n’amabanki akaba atabaha inguzanyo uko babyifuza ngo babigure. Babitangarije mu nama yabaye ejo ku wa kane, igahuza Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) n’abafatanyabikorwa bayo barimo umushinga wa Hinga Weze ndetse na bamwe mu bahinzi, hagamijwe kureba imbogamizi abahinzi bifuza kuhira imirima yabo bahura na zo n’uko zabonerwa ibisubizo. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)