Inkuru Nyamukuru

Jenoside yarimbuye inyandiko zose za APACOPE

todayMay 27, 2019 54

Background
share close

Umwanditsi akaba n’umushakashatsi Kimenyi Alexis avuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahitanye benshi mu bashinze ishuri rya APACOPE, abaryigishagamo, abaryigagamo, ndetse ikanarimbura inyandiko zose z’iryo shuri.
Kimenyi Alexis, umwe mu barimu batangiranye na APACOPE mu 1981, yanditse igitabo yise “APACOPE: L’AUTRE PORTE DE L’ECOLE POUR LES TUTSI”, kivuga amateka y’ishuri rya APACOPE kuva ryatangira mu 1981.
Iki gitabo yakigaragaje bwa mbere ku cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2019, ubwo mu ishuri rya APACOPE bibukaga ku nshuro ya 25, abashinze ishuri, abari abarimu n’abanyeshuri bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ba Veterirneri batubahiriza itegeko rigenga ibiciro byo kuvura bahagurukiwe

Leta yahagurukiye abaveterineri bigenga baca aborozi amafaranga bishakiye igihe bagiye kuvura amatungo, kandi hari iteka rigena ibiciro by’ubuvuzi bw’amatungo. Iteka rya Minisitiri no 017/11.30 ryo ku wa 21 Ukuboza 2017, rishyiraho ikigereranyo cy’amafaranga yishyurwa umuganga w’amatungo (Veterinaire), ryerekana ibiciro bya serivisi zitandukanye ariko ntibyubahirizwa, cyane ko n’aborozi batarizi bigatuma bahendwa. Umva inkuru irambuye hano:

todayMay 27, 2019

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%