Inkuru Nyamukuru

Byinshi utari uzi kuri “cancer y’igifu”

todayMay 30, 2019 182

Background
share close

Imibare itangazwa n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS, igaragaza ko indwara ya Kanseri izaba iza ku mwanya wa gatatu mu zihitana abantu benshi muri Afrika mu mwaka utaha wa 2020.
By’umwihariko tuvuze kuri kanseri y’igifu (gastric cancer), ni indwara iterwa n’imikurire irengeje urugero kandi ntagenzurwa y’uturemangingo two mu gifu.
Ubushakashatsi bwakorewe mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali CHUK, bwagaragaje ko mu bantu 344 basuzumwe indwara z’igifu, basanze 138 bafite kanseri yacyo.
Ngo iyi kanseri ikaba ifata abangana na 25% by’abantu bose bafite kanseri bavurirwa muri ibi bitaro.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

MUSANZE: HAGIYE KUBAKWA ISOKO RISHYA RY’IBIRIBWA

Mu karere ka Musanze hagiye kubakwa isoko rishya ry’ibiribwa rigezweho. Ibi ni ibitangazwa n’ubuyobozi bwa kano karere buvuga ko Umushinga wo kuryubaka uteganyijwe gushyirwa mu bikorwa mu ntangiriro z’umwaka utaha wa 2020. Iri soko rizaza risimbura iryari risanzwe rimenyerewe ku izina rya Kariyeri, abacuruzi n’abarigana bakunze kugaragaza ko ritakijyanye n’igihe kubera ko ryangiritse. Umva inkuru irambuye hano:

todayMay 30, 2019 207

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%