Inkuru Nyamukuru

“Ndibuka inka igurwa amafaranga 5,000, fanta igurwa 20Frw”

todayMay 31, 2019 62

Background
share close

Bamwe mu Banyarwanda bagerageza kwibuka uburyo ifaranga ry’u Rwanda ryagiye ritakaza agaciro kuva mu mwaka w’1964 ubwo ryashyirwagaho, baravuga ko uko ibiciro birushaho kuzamuka buri mwaka ngo bigenda bibateza ubukene.
Impuguke mu by’ubukungu zo zisobanura ko impamvu ibiciro birushaho kuzamuka, ngo biterwa n’uko abaturage barushaho kwifuza ibicuruzwa mvamahanga kurusha ibyo boherezayo.
Simon Kamuzinzi yaganiriye na bamwe mu banyarwanda babayeho mu myaka ya kera, bamubwira uko ibiciro byari byifashe.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Byinshi utari uzi kuri “cancer y’igifu”

Imibare itangazwa n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima OMS, igaragaza ko indwara ya Kanseri izaba iza ku mwanya wa gatatu mu zihitana abantu benshi muri Afrika mu mwaka utaha wa 2020. By’umwihariko tuvuze kuri kanseri y’igifu (gastric cancer), ni indwara iterwa n’imikurire irengeje urugero kandi ntagenzurwa y’uturemangingo two mu gifu. Ubushakashatsi bwakorewe mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali CHUK, bwagaragaje ko mu bantu 344 basuzumwe indwara z’igifu, basanze 138 bafite […]

todayMay 30, 2019 182

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%