Inkuru Nyamukuru

Abanyeshuri bo muri kaminuza binubira kuba imirimo imwe ihabwa abanyamahanga kandi nabo bayishoboye

todayJune 7, 2019 30

Background
share close

Abanyeshuri barangiza muri Kaminuza zo mu Rwanda, baranenga uburyo imirimo isaba ubushobozi buhambaye ihabwa abanyamahanga, abayitanga birengagije ko n’abanyarwanda bashoboye.
Abiga muri College y’Ubuhinzi n’Ubworozi mu karere ka Musanze, baganiriye na KT Radio, bemeza ko bafite ubushobozi buhagije, ariko bagatangazwa n’uburyo imirimo bakagombye gukora bafasha igihugu ikorwa n’abanyamahanga.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kaminuza y’u Rwanda irifuza ko abaturage babyaza umusaruro ubushakashatsi buhakorerwa

Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’ubuhinzi n’ubworozi riherereye mu karere ka Musanze, burasaba abaturage kubagana bakabahugura mu ikoranabuhanga ishuri rimaze kugeraho mu buhinzi, kugira ngo barusheho kubyaza umusaruro ubutaka buto bafite. Muri iryo shuri habereye imurikabikorwa kuri ubwo bushakashatsi bw’abanyeshuri mu ikoranabuhanga mu buhinzi, igikorwa kigamije kugaragaza udushya mu buhinzi bw’umwuga, kandi bugamije guteza imbere umuhinzi n’umuguzi, cyane cyane bahereye ku baturiye ishuri. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 7, 2019

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%