Inkuru Nyamukuru

Amajyaruguru: Mu mezi 3 mudasobwa 136 zimaze kwibwa mu bigo by’amashuri

todayJune 7, 2019 26

Background
share close

Nyuma y’uko abajura bateye ku rwunge rw’amashuri rwa Kagogo mu karere ka Burera bakiba mudasobwa 46, ubuyobozi bwa Police mu ntara y’amajyaruguru burasaba urubyiruko rw’abakorerabushake kongera imbaraga mu bikorwa byo guhashya ubujura.
Izo mudasobwa zibwe mu ijoro ryo ku itariki 4 Kamena 2019, ariko Police yo mu karere ka Burera yabashije kugaruza 44 kuri mudasobwa 46 zari zibwe.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abanyeshuri bo muri kaminuza binubira kuba imirimo imwe ihabwa abanyamahanga kandi nabo bayishoboye

Abanyeshuri barangiza muri Kaminuza zo mu Rwanda, baranenga uburyo imirimo isaba ubushobozi buhambaye ihabwa abanyamahanga, abayitanga birengagije ko n’abanyarwanda bashoboye. Abiga muri College y’Ubuhinzi n’Ubworozi mu karere ka Musanze, baganiriye na KT Radio, bemeza ko bafite ubushobozi buhagije, ariko bagatangazwa n’uburyo imirimo bakagombye gukora bafasha igihugu ikorwa n’abanyamahanga. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 7, 2019 30

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%