Abanyeshuri bo muri kaminuza binubira kuba imirimo imwe ihabwa abanyamahanga kandi nabo bayishoboye
Abanyeshuri barangiza muri Kaminuza zo mu Rwanda, baranenga uburyo imirimo isaba ubushobozi buhambaye ihabwa abanyamahanga, abayitanga birengagije ko n’abanyarwanda bashoboye. Abiga muri College y’Ubuhinzi n’Ubworozi mu karere ka Musanze, baganiriye na KT Radio, bemeza ko bafite ubushobozi buhagije, ariko bagatangazwa n’uburyo imirimo bakagombye gukora bafasha igihugu ikorwa n’abanyamahanga. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)