Inkuru Nyamukuru

Abakorerabushake barasabwa kugira uruhare mu guhashya abarembetsi

todayJune 13, 2019 33

Background
share close

Ubuyobozi bw’intara y’amajyaruguru burakangurira urubyiruko rw’abakorerabushake (Youth Volunteers), kuba intangarugero mu kazi kabo ka buri munsi cyane cyane bafasha abaturage guhashya ibiyobyabwenge n’ibindi bibazo bibangamira umutekano w’igihugu.
Ni mu biganiro Ubuyobozi bw’intara, Polisi n’ubuyobozi bw’uturere tugize intara bamaze iminsi bagirana abasore n’inkumi b’abakorerabushake basaga 150, bahagarariye abandi mu mirenge no mu turere.
Mu ntara y’amajyaruguru hagaragara abagizi ba nabi biganjemo abitwa abarembetsi binjiza ibiyobyabwenge mu gihugu, babikuye mu bihugu by’abaturanyi, urubyiruko rukaba rwitezweho umusanzu mu kubahashya.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abatwara abagenzi barasabwa kugenzura imizigo y’abagenzi mu rwego rwo kurwanya icuruzwa ry’ibiyobyabwenge

Polisi y’u Rwanda n’Ubuyobozi bw’intara y’amajyaruguru barasaba abatwara ibinyabiziga kujya bagenzura imizigo y’abagenzi batwaye kandi bakagira amakenga ku mizigo yose, kuko ariyo nzira yo guca intege abatunda ibiyobyabwenge na magendu babikwirakwiza hirya no hino. Ibi biravugwa mu gihe mu bice bimwe na bimwe by’intara y’amajyaruguru abafatirwa mu cyuho usanga akenshi bifashisha ibinyabiziga. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Amajyaruguru CIP Alex Rugigana yagaragaje ko nta byumweru bibiri bishize bafashe […]

todayJune 13, 2019 19

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%