Inkuru Nyamukuru

Uko Pasitoro yagiye kuvuga ubutumwa muri Uganda akisanga muri gereza

todayJune 13, 2019 17

Background
share close

Rev. Pasitoro Singirankabo Jean de Dieu, umwe mu Banyarwanda 20 birukanwe muri Uganda nyuma yo gufungwa igihe kirekire, aravuga ko hari abayoboke b’itorero ADEPER Ishami rya Uganda, bafungirwa muri Uganda bashinjwa kwiyitirira itorero kandi ngo ari intasi z’u Rwanda.
Uyu mu Pasitoro yavuze ko bakorerwa iyicarubozo, nyamara kandi ari abavugabutumwa badafite aho bahuriye na politiki.
Abanyarwanda birukanwa muri Uganda bavuga ko bahangayikishijwe na bagenzi babo basigayeyo, bari guhigwa bazira ibyo batazi, nyamara bari baragiye gushaka imibereho.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abakorerabushake barasabwa kugira uruhare mu guhashya abarembetsi

Ubuyobozi bw’intara y’amajyaruguru burakangurira urubyiruko rw’abakorerabushake (Youth Volunteers), kuba intangarugero mu kazi kabo ka buri munsi cyane cyane bafasha abaturage guhashya ibiyobyabwenge n’ibindi bibazo bibangamira umutekano w’igihugu. Ni mu biganiro Ubuyobozi bw’intara, Polisi n’ubuyobozi bw’uturere tugize intara bamaze iminsi bagirana abasore n’inkumi b’abakorerabushake basaga 150, bahagarariye abandi mu mirenge no mu turere. Mu ntara y’amajyaruguru hagaragara abagizi ba nabi biganjemo abitwa abarembetsi binjiza ibiyobyabwenge mu gihugu, babikuye mu bihugu by’abaturanyi, […]

todayJune 13, 2019 33

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%