Musanze: Symposium on peace, security and justice
Ejo kuwa kane mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu karere ka Musanze, habereye ibiganiro nyunguranabitekerezo byibanze ku mutekano, amahoro n’ubutabera. Atangiza iyo nama, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera Uwozeyimana Evode, yavuze ko inama nk’iyi ari bumwe mu buryo bwo gushakira Afurika umutekano urambye nyuma yuko hakuweho imipaka, hakaba imigenderanire n’ubufatanye bishobora kuvamo ibyaha byateza umutekano muke. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)