Uko Pasitoro yagiye kuvuga ubutumwa muri Uganda akisanga muri gereza
Rev. Pasitoro Singirankabo Jean de Dieu, umwe mu Banyarwanda 20 birukanwe muri Uganda nyuma yo gufungwa igihe kirekire, aravuga ko hari abayoboke b’itorero ADEPER Ishami rya Uganda, bafungirwa muri Uganda bashinjwa kwiyitirira itorero kandi ngo ari intasi z’u Rwanda. Uyu mu Pasitoro yavuze ko bakorerwa iyicarubozo, nyamara kandi ari abavugabutumwa badafite aho bahuriye na politiki. Abanyarwanda birukanwa muri Uganda bavuga ko bahangayikishijwe na bagenzi babo basigayeyo, bari guhigwa bazira ibyo […]
Post comments (0)