Abayobozi ba Afurika basobanuye imigambi bafitiye Intego z’Iterambere rirambye
Abakuru b’ibihugu bya Africa barimo Perezida w’u Rwanda, baratangaza ko bazihutisha Intego z’iterambere rirambye (SDGs), bashingiye ku mutungo kamere w’uyu mugabane, gufashanya ndetse no guhahirana hagati y’ibihugu biwugize. Babitangarije mu nama yari imaze iminsi itatu ibera i Kigali, isuzuma aho Afurika igeze ishyira mu bikorwa intego isi yihaye muri 2015, zigamije kugera ku Iterambere rirambye. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)