Inkuru Nyamukuru

Abayobozi ba Afurika basobanuye imigambi bafitiye Intego z’Iterambere rirambye

todayJune 15, 2019 29

Background
share close

Abakuru b’ibihugu bya Africa barimo Perezida w’u Rwanda, baratangaza ko bazihutisha Intego z’iterambere rirambye (SDGs), bashingiye ku mutungo kamere w’uyu mugabane, gufashanya ndetse no guhahirana hagati y’ibihugu biwugize.
Babitangarije mu nama yari imaze iminsi itatu ibera i Kigali, isuzuma aho Afurika igeze ishyira mu bikorwa intego isi yihaye muri 2015, zigamije kugera ku Iterambere rirambye.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Haracyari ikibazo cy’ubwoko bw’amaraso adakunze kuboneka – Dr Swaibu Gatare

Ikigo cy’igihugu cyo gutanga amaraso gitangaza ko mu Rwanda hakiri ikibazo cy’ubuke bw’ubwoko bw’amaraso adakunze kuboneka (Rhésus négatif), nubwo ntawe urabura ubuzima kubera icyo kibazo. Byatangajwe na Dr Swaibu Gatare, umuyobozi mukuru w’icyo kigo ejo ku wa kane, ubwo yari mu nama mpuzamahanga yiga ku gutanga amaraso. Dr Swaibu Gatare avuga kandi ko icyo kibazo kitari mu Rwanda gusa, ko ahubwo n’ahandi ku isi gihari kuko abafite ubwoko bw’ayo maraso […]

todayJune 14, 2019 44

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%