Inkuru Nyamukuru

Ukwezi kwa Polisi – Burera: Umuturage ari kubakirwa inzu ya miliyoni 8

todayJuly 16, 2019 27

Background
share close

Mu kagari ka Nyagahinga mu murenge wa Cyanika mu karere ka Burera Polisi y’u Rwanda iri kubakira umuturage utishoboye inzu igiye kuzuzura itwaye miliyoni 8 z’Amafaranga y’u Rwanda.
Mu gikorwa cyo gutangiza ku mugaragaro gahunda y’ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuzima rusange n’ubuvuzi bw’ibanze muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Patrick NDIMUBANZI yishimiye uruhare rwa Polisi muri gahunda ziteza imbere Abaturage, anabasaba kujya babibungabunga kugira ngo birusheho kuramba.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Nyaruguru – Abaturage bahawe amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba

Mu Karere ka Nyaruguru ahitwa i Bitare mu Murenge wa Ngera, ejo ku wa mbere Polisi y'igihugu yahatangirije ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi. Iki gikorwa cyaranzwe no guha amashanyarazi y'imirasire y'izuba ingo 143 zituye uyu mudugudu wose. Biteganyijwe kandi ko muri uku kwezi polisi y'igihugu izanahagirira ibikorwa by'ubukangurambaga bugamije umutekano n'imibereho myiza y'abaturage. Umva inkuru irambuye hano:

todayJuly 16, 2019 20

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%